Category : Abantu
Umunyarwandakazi yakoze porogaramu izajya ifasha gutahura abanduye COVID-19
Ishemaryayo Jeanne Bovine yakoze ikarita yise iCard (E-Rinde) igendanwa ishobora kugaragaza umwirondoro wa nyirayo mu gihe yinjiye ahantu hakoraniye imbaga nyamwinshi bigafasha mu gutahura uwanduye...
Gatsibo: Bakundinka arashinjwa kwica inshuti ye akanayishyingura bucece
Abatangabuhamya bavuga ko mu ijoro ryo ku wa 21 Kamena 2016 aribwo Ntawuhigimana wari umucuruzi w’inka yahamagawe n’abantu batamenyekanye icyo gihe ahagana saa munani z’ijoro...
Covid-19: Abagore b’i Musanze bakoraga imyenda mu bwoya bw’intama barataka igihombo
Abagore bo mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Muhoza bibumbiye muri Koperative ‘Umuzabibu mwiza progress’ bakora umwuga wo gutunganya ubwoya bw’intama bakoramo imyenda n’imitako...
Nyarugenge: Ashavuzwa n’uwamusambanyije akanamutera inda afite imyaka 16 widegembya
Niwengabire Dativa (amazina twayahinduye)utuye mu mudugudu wa Munini, Akagari ka Nyakabanda ya mbere, umurenge Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge avuga ko yatewe inda afite imyaka 16...
John Legend n’umuryango we mu gahinda gakomeye
Umuhanzi John Legend n’umugore we w’umunyamideri Chrissy Teigen bari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha umwana wa gatatu ataravuka. Mu butumwa banyujije ku nkuta zabo...
Perezida Kagame yirukanye burundu mu bakozi ba Leta Dr Muvunyi wigeze kuyobora HEC
Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, yirukanye Burundi mu bakozi ba Leta, Dr Muvunyi Emmanuel, wigeze kuyobora Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru (HEC) kubera ikosa rikomeye. Iyirukanwa...
Kirehe: Abakobwa batatu na nyina baracyekwaho kwica Se bamutemaguye
Mu Murenge wa Gatore mu Kagari ka Rwantonde haravugwa urupfu rw’umugabo witwa Habineza Francois wapfuye nyuma yo gutemagurwa n’abakobwa be batatu bafatanyije na nyina. Hagati...
“Abangavu ndabagira inama yo kwirinda gusamara”
Uwingabire Clarisse uzuzuza imyaka 19 y’amavuko mu Ukuboza 2020, yavuye iwabo mu Karere ka Rulindo ajya mu Mujyi wa Kigali akurikiyeyo abakobwa bamwizezaga kumushakira akazi...
Ihurizo ry’ubuzima kuri ‘Fatuma’ wakoraga akazi ko kuvura amavunane
Icyorezo cya coronavirus kitaragera mu Rwanda, Fatuma yakoraga akazi ko kuvura amavunane (massage) bikamutunga we n’umuryango w’abantu batatu none yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo. Muri iki gihe...