Ibiciro by’ibizamini bikorerwa muri Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFL) birimo n’ibizwi nka DNA kuri ubu byagabanutseho hafi 50%....
Ibihugu umunani gusa mu bihugu birenga 50 muri Afurika ni byo bifite gahunda itegeka kwandika abapfuye, nkuko iperereza rya BBC ryabitahuye. Ibi ntabwo ari ukunanirwa...
The United Nations World Food Programme (WFP) Rwanda has said it will have to reduce the quantity of food rations provided to refugees due to critical...
Mu ishuri rya Gakoni Adventist College riherereye mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo, haravugwa imyigaragambyo y’abanyeshuri yatumye ubuyobozi bufata icyemezo cyo kwirukana bamwe...
Perezida Paul Kagame, mu kiganiro yagiranye n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi, yabasabye kureka kugendera ku myemerere irimo ubujiji yo gukoresha amarozi avuga ko ibyo ari ukwandavura....
Minisiteri y’Ubuzima ‘Minisante’ iratangaza ko abantu 9 mu bafungiye muri Gereza ya Byumba ahazwi nko mu Miyove, aribo bari mu kato nyuma yo kugaragaraho ubwandu...