Ababyeyi baragirwa inama yo kuganiriza abana ku mukoreshereze myiza ya internet kuko iyo ikoreshejwe nabi ishobora gushyira ubuzima bw’umuryango wose mu kaga. Ibivugwa mu makuru...
U Burundi, u Rwanda na Emira zunze ubumwe z’Abarabu nabyo byongewe ku rutonde “rutukura” rw’ibihugu aho abagenzi babivuyemo cyangwa babiciyemo batemerewe kujya mu Bwongereza. Iki...
Muri ibi bihe Umujyi wa Kigali uri mu bihe bya Guma mu Rugo, Polisi y’Igihugu yihanangirije abanyarwanda, irasaba kutongera kwirara mu mihanda bishimira intsinzi y’Ikipe...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Kabuga gaherereye mu Murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, Mbonyubwayo Emmanuel, ushinjwa n’abaturage gusanga abashakanye mu buriri akabakubita bari mu...
Nyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rurimo gukusanya amakuru ku miryango isaga 800 mu Karere ka Muhanga idafite ibyangombwa by’irangamimerere kubera ko byabuze ku mpamvu zitandukanye. Hari ababuze...
Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi, Kayumba Ephrem, aravuga ko atigeze atanga uburenganzira bwo gusenya Ikigo cy’Ishuri Saint Marie Rususa, cya Fondation Sainte Marie de Jésus ngo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari kunozwa uburyo bwo gufasha abafite ikibazo cy’ibiribwa muri iki gihe cya ‘Guma muri kigali’. Ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta...