Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri uyu wa gatandatu tariki 18 Nyakanga 2020 mu Rwanda umuntu wa gatanu yishwe na COVID-19. Uwo ni umukecuru w’imyaka 88...
Indwara ya ‘Vaginismus’ itera ububabare budasanzwe imbere mu gitsina cy’umugore uyirwaye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kuko aba ameze nk’uwo bari gutatamura cyangwa kujombamo ikintu kibabaza...
Mu bihugu 10 byihariye hafi 80% by’ibipimo bimaze gufatwa harimo U Rwanda, Afurika y’epfo, Maroc, Ghana, Misiri, Ethiopia, Uganda, Ibirwa bya Maurice, Kenya na Nigeria....
Minisiteri y’Ubuzima ‘Minisante’ yatangaje ko kuri uyu wa 1 Nyakanga, umuntu wa gatatu yishwe na Coronavirus. Uwitabye Imana yari umusirikare wa RDF w’imyaka 51 wari...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abanduye coronavirus ubu bageze ku 1.001, ku nshuro ya mbere haraye habonetse abanduye benshi ku munsi umwe harimo n’abafungiye...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima ‘RBC’ yatangaje ko mu barwayi bashya, batandatu bagaragaye muri Kigali harimo abo mu turere twa Kicukiro na Nyarugenge muri bo abagera...