Abaturage batuye mu Murenge wa Gashari mu Karere ka Karongi baravuga ko hari impinduka  nziza zigaragarira buri wese mu mikurire myiza y’abana bato bitewe na...
Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye inkunga ya Leta zunbze ubumwe za Amerika y’imashini 100 zifasha abarwayi guhumeka zifite agaciro ka Miriyari imwe y’amafaranga ...
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri uyu wa gatandatu tariki 18 Nyakanga 2020 mu Rwanda umuntu wa gatanu yishwe na COVID-19. Uwo ni umukecuru w’imyaka 88...
Indwara ya ‘Vaginismus’ itera ububabare budasanzwe imbere mu gitsina cy’umugore uyirwaye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kuko aba ameze nk’uwo bari gutatamura cyangwa kujombamo ikintu kibabaza...
Mu bihugu 10 byihariye hafi 80% by’ibipimo bimaze gufatwa harimo U Rwanda, Afurika y’epfo, Maroc, Ghana, Misiri, Ethiopia, Uganda, Ibirwa bya Maurice, Kenya na Nigeria....