Bamwe mu bahinzi bagize Koperative Twitezimbere Muhinzi ikorera mu Murenge wa Nyarugenge ndetse na Koperative Abakoranamurava ikorera i Mayange mu Karere ka Bugesera bakoreye  urugendo...
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yavuze ko yizeye ko iki cyorezo cya coronavirus kizaba cyarangiye mu myaka itageze kuri ibiri. Avugira i...
Alexeï Navalny, umugabo w’imyaka 44 akaba akora umwuga w’ubwunganizi mu mategeko, akaba ari na we usa n’aho ayoboye abatavuga rumwe na Perezida Vladimir Poutine, ashobora...
Bamwe muri aba baturage batuye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro baravuga ko bambuwe ubutaka bwabo n’Akarere bugaterwaho ibiti kandi bafite ibyangombwa bigaragaza...
Safi Madiba wamenyekanye cyane igihe yari mu itsinda rya Urban Boys, yemeye ko yatandukanye n’umugore we Judith Niyonizera, nyuma yo kugirana ibibazo byinshi by’imibanire kwiyunga...
Hari abafatabuguzi b’Ikigo gishinzwe Ingufu (REG) bo mu  Karere ka Rusizi bafite mubazi zifite ikibazo cyo kuba zifite umuriro udashiramo bikabatera impungenge zitandukanye zirimo ko...