Ibyo ni ukwandavura, ibyo muzabirekere abandi ntimuzabijyemo-Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame, mu kiganiro yagiranye n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi, yabasabye kureka kugendera ku myemerere irimo ubujiji yo gukoresha amarozi avuga ko ibyo ari ukwandavura....